Umunyamideli Toni Grace, witabiriye irushanwa rya ArtRwanda – Ubuhanzi, icyiciro cya mbere, avuga ko gukorana na Imbuto Foundation yabivomyemo ubumenyi bwatumye abasha kwagura ibikorwa bye binyuze mu mahugurwa yagiye ahabwa, ku kunoza imikorere no kwagura ibikorwa.
Natangiye gukorana na Imbuto Foundation muri 2018, aho nahatanaga mu irushanwa rya ArtRwanda – Ubuhanzi, mu cyiciro cy’abanyamideli.
Kugeza n’ubu turacyakorana kuko bamfasha byinshi biteza imbere ubucuruzi bwanjye.
Ndashimira Imbuto Foundation ku bufasha badahwema kumpa mu bikorwa byanjye by’ubucuruzi.
Related Posts
- Gukorana na Imbuto Foundation byandemyemo icyizere cy’ahazaza
Cyiza Aissa ni umunyamakuru w’umwuga ukorera Royal Fm akaba ari n’umwe mu bategura ikiganiro Ishya…
- Imbuto Foundation yambereye imbuto koko!
Habiyambere Emmanuel w’imyaka 29, avuka mu Murenge wa Bwisige, Akarere ka Gicumbi, mu Ntara y’Amajyaruguru.…
- Imbuto Foundation yambereye akabando
Nsengiyaremye Fidèle ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umuryango w’Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi barangije amashuri makuru na kaminuza,…